Turabasuhuje bakunzi ba kunzi ba Radio Itahuika muri iki kiganiro édition speciale ku munsi mpuzamahanga w'abari n'abategarugori. Muri iki kiganiro tukaba turi bwibande ku kugaragaza uburyo umugore agira uruhare rukomeye mu iterambere ry'umuryango. Akaba abikora abinyujije mu kumenya ibifitiye urugo akamaro, kumenya ibyahungabanya abagize umuryango, gutoza ibyiza umuryango n'ibindi. Ndetse turi bugaragaze uburyo urwo ruhare umugore agira mu muryango ari