1. Min Johnston Busingye yashimye ibihugu byose byatanze recommendation kubirebana n'uburenganzira bwa muntu. a.Johnston Busingye yamaganye ko nta "Safe House " inzu zifungirwamo abantu mu buryo butazwi mu Rwanda. b.Minisitiri Busingye yamaganye abashinja u Rwanda kugira inzu zitazwi zifungirwamo abantu. c.Ibihugu hafi 99 byose byatanze Recommandation zijya gusa hafi 90% zisa ko uburenganzira bwa muntu bwakwitabwaho mu Rwanda. 2.Abakuru b'ibihugu bo mu mury